Hon Dr Frank Habineza yemeza ko harari icyizere cyo gutsinda Perezida Kagame mu matora ya 2024
Umuyobozi Mukuru w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije [Democratic Green Party], Hon Dr Frank Habineza, yemeje ko afite icyizere cyo guhatana no gutsinda Perezida Kagame
Dr Frank Habineza yavuze uko ajya yidagadura
Umunyapolitiki akaba n’umuyobozi w’Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) atangaza ko uretse kuba ari muri Politiki ariko mu gihe abonye akanya ajya yidagadura haba
Musanze : Abagore ba DGPR mu Majyaruguru biyemeje gutanga umusanzu mu kubugabunga ibidukikije-AMAFOTO
Abagore bo mu Ishyaka Riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party) mu ntara y’amajyaruguru, biyemeje gutanga umusanzu wabo mu kubungabunga ibidukikije. Aba bagore bihaye
Western Provincial Women Greens Congress: A Resounding Success
October 13, 2023 was an extraordinary event in the Western Province, as the party President, Dr. Frank Habineza together with other leaders from the seven
Hon Dr. Frank Habineza asanga Leta ikwiriye kongera nkunganire
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party), Hon Dr. Frank Habineza, asanga Leta y’u Rwanda ikwiriye kongera nkunganire itanga ku biciro birimo
Tuzakomeza gukora ubuvugizi ku izamuka ry’ibiciro – Hon Dr Frank Habineza
Umuyobozi w’ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije DGPR , Hon Dr Frank Habineza, avuga ko ibiciro bikomeje kuzamuka ku isoko bihangayikishije, ariko hazakomeza gukorwa ubuvugizi.
Dr. Frank Habineza Joins Global Advisory Council of G100 Denim Club’s Security and Defence Wing
Rwandan Politician and Member of Parliament Dr. Frank Habineza has joined the esteemed Global Advisory Council of G100 Denim Club’s Security and Defence Wing. As
Hon Dr Frank Habineza icyo abona nk’umuti ku kibazo cy’ubushomeri bwugarije urubyiruko
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda [Democratic Green Party of Rwanda], Dr Frank Habineza, yatangaje ko mu gihe yaba atorewe kuyobora u
Ikibazo cy’abaturage baturiye CIMERWA mu mboni za Hon Dr Frank Habineza
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije [Democratic Green Party], Dr Frank Habineza, yiyemeje gutanga umusanzu w’uko ikibazo cy’abaturiye uruganda rwa CIMERWA bamaze igihe kirekire
Hon Dr Frank Habineza yabajije Minisitiri w’intebe ikibazo ku bikorwa remezo byangiza ibindi
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (DGPR) Hon Dr Frank Habineza, kuri uyu wa 30 Kamena 2023, yabajije ndetseanatanga ibitekerezo bitandukanye Nyakubahwa Minisitiri w’Intebe,