Nyanza: Ishyaka rya Green Party ryatoye abazarihagararira mu matora y’abadepite baturuka mu ntara y’amajyepfo
Kuri iki cyumweru, tariki 10 Werurwe 2024, Abarwanashyaka ba Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) baturuka mu ntara y’Amajyepfo, bateraniye mu Karere ka Nyanza, muri
Depite Frank Habineza yagizwe Ambasaderi w’amashyaka arengera ibidukikije na demokarasi ku Isi
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Dr Frank Habineza, yagizwe Ambasaderi w’amashyaka n’imiryango ya Politiki iharanira kurengera ibidukikije (Global Greens). Depite Habineza
Ntewe ishema no kuba ambasaderi wo kurengera ibidukikije ku isi- Hon Dr Frank Habineza
Hon Dr Frank Habineza usanzwe ari Umudepite Munteko Nshingamategeko y’u Rwanda akaba n’Umuyobozi w’ishyaka Democratic green party of Rwanda (DGPR) yagizwe ambasaderi w’umuryango uhuza amashyaka
Hon Dr Frank Habineza yemeza ko harari icyizere cyo gutsinda Perezida Kagame mu matora ya 2024
Umuyobozi Mukuru w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije [Democratic Green Party], Hon Dr Frank Habineza, yemeje ko afite icyizere cyo guhatana no gutsinda Perezida Kagame
Dr Frank Habineza yavuze uko ajya yidagadura
Umunyapolitiki akaba n’umuyobozi w’Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) atangaza ko uretse kuba ari muri Politiki ariko mu gihe abonye akanya ajya yidagadura haba
Musanze : Abagore ba DGPR mu Majyaruguru biyemeje gutanga umusanzu mu kubugabunga ibidukikije-AMAFOTO
Abagore bo mu Ishyaka Riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party) mu ntara y’amajyaruguru, biyemeje gutanga umusanzu wabo mu kubungabunga ibidukikije. Aba bagore bihaye
Western Provincial Women Greens Congress: A Resounding Success
October 13, 2023 was an extraordinary event in the Western Province, as the party President, Dr. Frank Habineza together with other leaders from the seven
Abagore bo mu ishyaka Green Party batangaje ko babangamiwe n’izamuka ry’ibiciro
Bamwe mu bagore bagize Urugaga rw’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije DPGR, bagaragaje ko babangamiwe n’izamuka ry’ibiciro ku isoko basaba Guverinoma y’u Rwanda gutabarira hafi.
Hon Dr. Frank Habineza asanga Leta ikwiriye kongera nkunganire
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party), Hon Dr. Frank Habineza, asanga Leta y’u Rwanda ikwiriye kongera nkunganire itanga ku biciro birimo
Tuzakomeza gukora ubuvugizi ku izamuka ry’ibiciro – Hon Dr Frank Habineza
Umuyobozi w’ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije DGPR , Hon Dr Frank Habineza, avuga ko ibiciro bikomeje kuzamuka ku isoko bihangayikishije, ariko hazakomeza gukorwa ubuvugizi.