Icyicaro Gikuru cya EAGF kigiye kuva muri Uganda kize mu Rwanda
Amashyaka afite amahame mu kurengera ibidukikije yo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAGF), yemeje ko Icyicaro Gikuru cyayo cyabaga muri Uganda cyihavanwa kikimurirwa
Green Party yihaye intego yo kwinjira muri Guverinoma
Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, ryihaye intego y’uko nyuma y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yo muri 2029 rizakora ibishoboka byose rikinjira mu nzego zose,
Ibiganiro niyo nzira yonyine ishobora gukemura ibibazo-Hon Dr Frank Habineza
Umuyobozi w’ishyaka Green Party , Hon Dr Frank Habineza , avuga ko ntakindi kintu gikwiye kugeza uwo ari we wese kubutegetsi usibye ibiganiro. Ibi yabigarutseho
Abarwanashyaka ba Green Party basabwe kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside
Abayoboke b’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, DGPR Green Party, bo mu Karere ka Gakenke, basabwe gukomeza gusigasira ubumwe, ubwiyunge n’ubudaheranwa by’Abanyarwanda kuko
Ahubwo turashaka n’imodoka zinywa amazi-Dr Habineza
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Hon Dr Frank Habineza, yatanze icyifuzo cy’uko mu Rwanda haza imodoka zinywa amazi mu cyimbo cy’ibikomoka
Exciting Collaborations Ahead: Danish Green Left and Democratic Green Party of Rwanda Join Forces for a Sustainable Future
In a notable step toward combating climate change and promoting sustainability, the youth from the Danish Green Left and the Youth of the Democratic Green
Menya ibyo Ishyaka Green Party rizaserukana mu matora y’umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite
Abarwanashyaka n’Abayobozi b’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Democratic Green Party of Rwanda, bateraniye mu Nama Nkuru y’Ishyaka aho bemeje imigabo n’imigambi rizaserukana
Karongi: Abazahagararira DGPR mu ntara y’Iburengerazuba bamenyekanye -AMAFOTO
Mu ntara y’Iburengerazuba, akarere ka Karongi, none tariki 29 Werurwe 2024, Abarwanashyaka ba Democratic Green Party of Rwanda (DGPR), batoye abakandida depite 14 baturuka bava
Ngoma: Intara y’Iburasirazuba yatoye abazahagararira DGPR mu matora y’abadepite -AMAFOTO
Mu ntara y’Iburasirazuba, akarere ka Ngoma, tariki 15 Werurwe 2024, Abarwanashyaka ba Democratic Green Party of Rwanda (DGPR), bavuye mu turere tugize iyi ntara bateraniye
Musanze : Hatowe abazahagararira Democratic Green Party of Rwanda mu matora y’abadepite baturuka mu ntara y’Amajyaruguru-AMAFOTO
Mu ntara y’Amajyaruguru, akarere ka Musanze, cya, tariki 15 Werurwe 2024, Abarwanashyaka ba Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) baturuka mu ntara y’Amajyaruguru, bavuye mu